Major General Murasira uherutse kugirwa Minisitiri w'ingabo asimbuye Kabarebe James yashinzwe gukurikirana akarere ka Rubavu
Nk’uko bisanzwe mu Rwanda buri karere kagira Umuyobozi mukuru ku rwego rwa Minisitiri uba ugakurikirana uko gashyira mu bikorwa imihigo ndetse akanatanga inama n’inyunganizi mu bikorerwa mu Karere.