Muri Iki cyumweru Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku bukungu bw’Isi akaba yaraboneyeho n’umwanya wo kuganira n’abayobozi batandukanye barimo na Cyril Ramaphosa w’Afrika y’epfo nk’uko bigaragara muri aya mafoto ya Perezidansi y’Afrika yepfo. Iyo nama yabereye i Davos mu Busuwisi