ITANGAZO Rijyanye na Serivisi za TOPAFRICANEWS.COM
TOPAFRICANEWS.COM Ni Urubuga rw’Amakuru y’Afurika by’Umwihariko rwibanda ku makuru y’Abanyarwanda ariko agatangazwa mu buryo bunogeye Abasomyi.
Urubuga Topafricanews.com rwemewe n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) ndetse n’ Urwego rw’abanyamakuru bigenzura mu Rwanda (RMC) rukaba rufite n’ibindi byangombwa byemewe n’amategeko y’u Rwanda
Uru rubuga rwibanda ku makuru ya Business, Iterambere, Ubuhinzi, Politiki, Ubukorikori, urubyiruko n’imyidagaduro ndetse no Gufasha abantu kumenyekanisha Ibikorwa byabo hagamijwe kongera Umubare w’Abakiliya cyangwa ababagana mu bucuruzi cyangwa imirimo yabo ya buri munsi.
Rwatangiye Gukora muri Gicurasi 2018
Muri uru rwego twifuzaga kubamenyesha ko Uru rubuga rwabashyiriyeho serivisi zishyurwa by’Umwihariko ku bafite Ibikorwa bifuza ko byatangarizwa abantu bose binyuze mu Itangazamakuru.
Gutangaza Press Releases cyangwa Amatangazo afite aho ahurira n’Ibikorwa byawe.
Ibikorwa byawe bitangazwa mu mafoto, video cyangwa Inkuru biterwa n’amahitamo yawe cyangwa ukiyandikira ibyo utangaza ukabitwoherereza tukareba ko byujuje amahame ngenderwaho tukabona kubitangaza.
Abanyamakuru ba TOPAFRICANEWS.COM bafite ubushobozi buhagije mukugufasha kugera ku ntego yawe.
Wakwandikira ushinzwe ibikorwa bica kuri TOPAFRICANEWS.COM
E-mail: vickange@gmail.com
Wahamagara no kuri: 078 7105 131 NO kuri (+250) 788 300 629
TOPAFRICANEWS.COM iguha Serivisi zifite ireme!
COMPTE YISHYURIRWAHO SERIVISI NI: 00040 06966417 13 ya AFRICANEWS DIGEST Ltd iri Muri BK (Bank of Kigali)