Umva Icyo Umujyi wa Kigali wifuza ku bawutuye
Kuri iki Cyumweru Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Marie Chantal Rwakazina ari kumwe n’Umuyobozi wungirije Ushinzwe Ubukungu Busabizwa Parfait bari kuri Radio Rwanda basubiza ibibazo bitandukanye byibazwa n’abatuye Umujyi wa Kigali mu gusoza icyo Kiganiro bagize Ubutumwa baha abatuye Umujyi wa Kigali.
Bwumve muri Iyi video: