Itangazo ryo kugurisha Imashini ya Gym sport

Muri iki gihe abantu bugarijwe n’indwara zitandukanye zirimo n’umubyibuho ukabije uterwa no kudakora siporo, ni ngombwa ko buri wese agira uruhare mu guhangana n’izo ndwara.
Birashoboka ko waba wifuza kujya ukora siporo wibereye iwawe mu rugo kandi ku buryo bwiyubashye,
Tugufitiye Imashini yo muri Gym yifashishwa mu gukora siporo y’umuntu ku giti cye.
Igiciro cy’iyi mashini ntigihanitse. Ku mafaranga y’u Rwanda 1.500.000 iyi mashini turayiguha ukore siporo n’umuryango wawe bitewe n’ingengabihe ya siporo mu rugo rwawe.
Ikitonderwa: Iyi mashini nta tapis Nta ifite. Ubusanzwe Tapis yayo ni Metero 1 na Centimetre 40 kandi ziboneka ku isoko
Wifuza kuyigura Wahamagara: 0788644419.
