April 25, 2024

TOP AFRICA NEWS

We Digest News to tell the Truth

Urutonde rw’abo umusanzu wabo watumye TOP AFRICA NEWS ihangana n’ibihe bitoroshye bya 2020

 

Mu gihe dusoza umwaka wa 2020 ni ngombwa ko dushimira buri wese wagize uruhare mu bikorwa bya TOP AFRICA NEWS kuko iyo hataba umusanzu wa buri umwe muri aba ntacyo twari kubashaka kugeraho dore ko n’ibihe bitari bimeze neza kubera icyorezo cya COVID 19.

Ntitwarondora ngo buri wese yakoze iki cyangwa kiriya, ahubwo muri rusange uruhare rw’aba tugiye kubabwira rukubiye ahanini mu mahugurwa yahawe abanyamakuru bacu ngo babashe gukora kinyamwuga, inkunga yo mu bitekerezo no kubakira ubushobozi Ikinyamakuru TOP AFRICA NEWS binyuze mu bufatanye butandukanye bushingiye kukuganisha Ikinyamakuru ku muyoboro utanga amakuru afite ireme, inkunga yo kubasha kwishyura Internet yakoreshejwe mu kazi ko gutara no gutangaza amakuru kuko byari bigoye kuyibona ndetse n’ababashije gutambutsa amatangazo cyangwa inkuru z’amamaza kuri TOP AFRICA NEWS nubwo batari benshi ariko turabashimiye.

Muri aba bakurikira buri wese yumve ko yagize uruhare rufatika mu bikorwa bya TOP AFRICA NEWS mu buryo bwavuzwe hejuru cyangwa ubundi.

Imana ikomeze kubafasha mu mirimo yanyu ya buri munsi mwaguke mubikorwa byanyu bifitiye igihugu akamaro kandi Ubufatanye no kugira inama Ikinyamakuru TOP AFRICA NEWS bizarusheho kwiyongera mu mwaka wa 2021.

Muri abo gushimirwa.

VICTOR Nkindi, Umuyobozi wa Hooza Media
Victor Nkindi, Umuyobozi wa Hooza Media.

 

 

 

 

 

Aimable Mpayimana, Umuyobozi wa Hope of Family

 

 

 

 

 

 

 

Mutsindashyaka Andre, Umunyamabanga mukuru wa Rwanda Extractive Industry Workers Union

 

 

 

 

 

 

 

Hassan Mpakaniye, Inshuti ikaba n’Ambasaderi wa TOP AFRICA NEWS

 

 

 

 

 

 

 

 

Yvette Nyinawumuntu, Umuyobozi wa Save Generations Organization

 

 

 

 

 

UNDP Rwanda, yagize Uruhare mu guhugura abanyamakuru bacu

 

 

 

 

 

Minisiteri y’Ibidukikije yagize Uruhare mu guhugura abanyamakuru bacu

 

 

 

 

 

 

Media High Council yagize Uruhare mu guhugura abanyamakuru bacu

 

 

 

 

REMA yagize Uruhare mu guhugura abanyamakuru bacu

 

 

 

 

 

 

 

Albert Musabyimana, Umuyobozi wa Peace and Hope Initiative akaba n’inshuti ya TOP AFRICA NEWS

 

Mushimiyimana Aime Beata, inshuti ya hafi ya TOP AFRICA NEWS

 

 

 

 

 

 

Umuhoza Rwabukumba. ES Kimironko akaba inshuti ya TOP AFRICA NEWS

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

KARANGWA CHARLES, Umuyobozi muri IUCN akaba n’Inshuti ya TOP AFRICA NEWS

 

 

 

 

 

 

 

 

MIGISHA MAGNIFIQUE, impuguke mu Itumanaho n’inozamubano (PR) akaba akunze kuduha inama ziganisha ku Iterambere rya TOP AFRICA NEWS cyane
Mathias Hitimana, Inshuti ya TOP AFRICA NEWS

 

 

 

 

 

 

 

NDAYISENGA Aime, Inshuti ya TOP AFRICA NEWS akaba n’Impuguke mu Itumanaho

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Ihuriro ry’Abanyamakuru bakora Inkuru zibanda Ku bidukikije

 

 

 

 

 

 

 

Print Friendly, PDF & Email

Leave a Reply

TOPAFRICANEWS.COM © All rights reserved.