Igikorwa kimwe cy’Urukundo cyahindura Ubuzima bw’Aba bantu
Mu Murenge wa Gikomero Mu Karere ka Gasabo, hari itsinda ry’Abafite Ubumuga butandukanye bagerageza kwishakamo Ibisubizo ariko hari n’Imbogamizi bafite bemeza ko uwabatera Inkunga mu buryo ubwo ari bwo bwose yahindura imibereho yabo.
Ikinyamakuru TOPAFRICANEWS.COM cyabasanze Mu murenge wa Gikomero bagitangariza ko mu by’ukuri bishyize hamwe ariko iyo urebye ubona hari igikwiye gukorwa ngo bitezimbere dore ko batifuza gufashwa bicaye.
Mu bumuga bafite harimo ababana n’Uburwayi bwo mu mutwe, ubw’umubiri ndetse n’ubwo basigiwe na Jenoside yakorewe Abatutsi.
Bumve hano:
Nibyiza Cyane #Abishyizehamwe ntakizabananira. Umuntu abashatse yababona ate?