March 19, 2024

TOP AFRICA NEWS

We Digest News to tell the Truth

TURAGUFASHA GUTUNGA WEBSITE MU GIHE CYIHUSE KANDI NEZA

Muri ibi bihe bya COVID 19, byagaragaye ko bica amarenga ku kwiyongera mu  ikoreshwa ry’Ikoranabuhanga mu ngeri zitandukanye.

Muri Iki gihe twese turabona amakuru kubera ko twakoresheje telefoni tugasura imbuga zitandukanye ziriho ibyo twifuza. Ubu benshi bari gushaka uko bashyira amaduka yabo kuri Internet cyangwa Serivisi zabo. Gusa benshi bakomeza kubikerensa nyamara bigaragara ko icyerekezo tujyamo ari ikoreshwa rya Internet mu gutangaza no kwakira ibyifuzo n’amakuru agenewe cyangwa ava mu bakiriya bacu.

Ese kugeza ubu hashize imyaka ingana itya u Rwanda rutangiye gukoresha Internet na websites mu Isakazamakuru n’Isakazabumenyi, wowe utarabikora habuze Iki?

Gusa ikigaragara nuko iyi COVID 19 niyo yarangira buri wese wifuza gukora ubucuruzi cyangwa Utanga Serivisi tumugira inama yo gutunga Website. 

Uburyo bwo gutunga website ya business yawe ni bwinshi kandi burahendutse. Urugero nk’iyi uriho usoma ya TOPAFRICANEWS.COM twayikuye mu Isoyete ya WordPress. Twarabashimye cyane.

Niba rero wifuza Website Watwandikira kuri vickange@gmail.com cyangwa ukanampamagara kuri 078710513.

 

Print Friendly, PDF & Email

Leave a Reply

TOPAFRICANEWS.COM © All rights reserved.